Inkwakuzi. com

Inkwakuzi. com Kanda LIKE ujye ubasha kwibonera amakuru adasanzwe n'utuntu dusobanutse kandi ukore share ibyo tukugejejeho kugirango abandi nabo bamenye ibyiza!

Waruzi ko ibinini byo kuboneza urubyaro hari ingaruka bishobora gutera harimo no koroha amabere?
16/12/2022

Waruzi ko ibinini byo kuboneza urubyaro hari ingaruka bishobora gutera harimo no koroha amabere?

Ibinini byo kuboneza urubyaro ni bumwe mu buryo bukoreshwa na benshi mu kuringaniza imbyaro no kwirinda gusama igihe bitateganyijwe. Ibi binini bigizwe ni imisemburo ihagarika uburumbuke. Abagore benshi bakunze kwibaza uko iyi miti ikora? Uko bigenda iyo uyifashe? Uko irinda gusama? N’ibindi bibaz...

Numara kumenya akamaro k’inyanya, bizatuma udashobora kuzibura mu mafunguro yawe ya buri munsi
10/12/2022

Numara kumenya akamaro k’inyanya, bizatuma udashobora kuzibura mu mafunguro yawe ya buri munsi

Inyanya zigizwe n’intungamubiri nyinshi zo mu bwoko bw’amavitamini ndetse n’imyunyu ngugu itandukanye.Byibuze urunyanya rumwe rushobora gutanga 40% bya vitamin C umubiri ukenera buri munsi. Numara kumenya akamaro k’inyanya, bizatuma udashobora kuzibura mu mafunguro yawe ya buri munsi nkuko i...

Uko wacika ku ngeso mbi yo kwikinisha ndetse niba byagutera kutabyara
05/12/2022

Uko wacika ku ngeso mbi yo kwikinisha ndetse niba byagutera kutabyara

Kwikinisha bishobora ku baho mu gihe ubikora abeshya ubwonko bwe ko ari gukora imibonano mpuzabitsina n’undi mu ntu ariko batari kumwe. Bikunze no gukorwa mu gihe igitsina gabo cyangwa igitsina gore buri ruhande rwifashishije ibindi bikoresho runaka birufasha mu kurangiza.b Ubushakashatsi bugaraga...

NIBA UWO MWASHAKANYE AGUTESHA UMUTWE Ibi byagufasha cyane mu rugo rwanyu
03/12/2022

NIBA UWO MWASHAKANYE AGUTESHA UMUTWE Ibi byagufasha cyane mu rugo rwanyu

Akenshi mu muryango habonekamo amakimbirane bitewe no kutumva ibintu kumwe, kutava ku izima no guhora umwe mu babana atekereza ko ariwe ubona ibintu neza kandi ariwe ushyira mu gaciro wenyine bikazahaza umuryango. Amakimbirane yose siko aba ari mabi mu muryango kuko ku rwego runaka ashobora guhwitur...

Umuririmbyi w'Umunyarwanda Uba muri Amerika ati " Uwampa ngo isi yose ibimenye ko hakiriho abagabo beza bafite urukundo....
02/12/2022

Umuririmbyi w'Umunyarwanda Uba muri Amerika ati " Uwampa ngo isi yose ibimenye ko hakiriho abagabo beza bafite urukundo..."

Umuririmbi w’Umunyarwanda uba muri leta zunze ubumwe za Amerika akomeje kugarukwaho ku mbuga nkoranyambaga, bitewe n’amagambo yakoresheje ataka umugabo we. Gikundiro Rehema usanzwe uririmba indirimbo zahimbiwe kuramya no guhimbaza Imana yabwiye umugabo we Ishimwe Claude ko yiyumva nk’umugore w...

Izi mpamvu zishobora kuzatuma ugumirwa cyangwa ukabura ugukunda ngo mushakane ( GUKORA UBUKWE )
02/12/2022

Izi mpamvu zishobora kuzatuma ugumirwa cyangwa ukabura ugukunda ngo mushakane ( GUKORA UBUKWE )

Hari ubwo abantu bamwe batinda kubaka ingo kubera impamvu zitabaturutseho rimwe na rimwe zirmo kubona uwo bifuza bazukana urugo kikaba ikibazo. Uko gutinda hari impamvu zitanduknye zishobora kubitera, tukaba tugiye kureba zimwe mu mpamvu zitera abasore n’inkumi gutinda kubona abakunzi bazarushinga...

Inyama y’Umwijima yababera igisubizo ku bibazo by’ubuzima mufite
01/12/2022

Inyama y’Umwijima yababera igisubizo ku bibazo by’ubuzima mufite

N’ubwo abantu bafata inyama z’umwijima ku buryo butandukanye, ni byiza kumenya akamaro kihariye zifite ku buzima bw’abazirya ugereranyije n’izindi nyama. Inyama y’umwijima ubusanzwe ngo ni inyama ikora akazi ko gusukura amaraso ku biremwa byose, ariko ku matungo, iyo itungo ryabazwe rigiye...

Byagenze gute ngo umukobwa yongere guhura n’umuryango we nyuma y’imyaka 51 bamubuze?INKURU ITEYE AMATSIKO ARIKO IRIMO N'...
30/11/2022

Byagenze gute ngo umukobwa yongere guhura n’umuryango we nyuma y’imyaka 51 bamubuze?

INKURU ITEYE AMATSIKO ARIKO IRIMO N'AMASOMO MENSHI

Ikizamini cy’ingirabuzima-fatizo (DNA/ADN) cyatumye umugore wo muri leta ya Texas muri Amerika yongera guhura n’umuryango we bari bamaze igihe baraburanye, binasoza amayobera yari amaze imyaka irenga 50. Melissa Highsmith, w’imyaka 53, yashimuswe n’umukozi wo mu rugo wamureraga, amukuye iwab...

Ikipe ya mbere ikomeye yateye utwatsi ibyo kugura Cristiano Ronaldo
30/11/2022

Ikipe ya mbere ikomeye yateye utwatsi ibyo kugura Cristiano Ronaldo

Amakuru agezweho ku mugabane w’iburayi aravuga ko ikipe ya Beyern Munich yo mu Budage yafashe umwanzuro wo kutagura Cristiano Ronaldo uherutse gutandukana na Manchester United ku bwumvikane. Mu itangazo yasohoye kuwa 22 Ugushyingo 2022, Manchester United yavuze ko impande zombi zatandukanye mu bwu...

Udukingirizo (condoms) twabaye ikibazo
29/11/2022

Udukingirizo (condoms) twabaye ikibazo

Abaturage bo mu gihugu cya Kenya bakomeje kwinubira ibura ry’udukingirizo (condoms) bari baramenyerejwe guhabwa ku buntu. Uku kwinuba kandi kumvikana mw’ijwi ry’abahagarariye imiryango n’amashyirahamwe ategamiye kuri leta, basobanura ko ibira ryatwo rishobora kuzongera umubare w’abantu ban...

Menya uko Umwembe ushobora kukurinda zimwe mu ndwara utakekaga
29/11/2022

Menya uko Umwembe ushobora kukurinda zimwe mu ndwara utakekaga

Abahanga mu by’imirire bavuga ko ari byiza ko umuntu arya imboga n’imbuto kugira ngo agire ubuzima bwiza. Mu mbuto umuntu akwiye kurya harimo n’imyembe, akaba ari yo mpamvu twifuje kubagezaho bimwe mu byiza byo kurya urwo rubuto. Ubundi umwembe ni urubuto rufite inkomoko mu mashyamba yo mu Buh...

Uburyo 5 wakwitabaza mu kuvura inkorora itazana igikororwa
29/11/2022

Uburyo 5 wakwitabaza mu kuvura inkorora itazana igikororwa

Inkorora itazana igikororwa irababaza cyane kandi ikabangamira uyirwaye kuko itamuha gutuza ahubwo akumva agatuza karangaye kubera guhora akorora. Hari ubwoko bubiri bw’inkorora: Ubwa mbere ni inkorora izana igikororwa bakunze kwita inkorora itanga umusaruro. Uyifite arakorora agacira. Hakaba n’...

Address

Kigali

Website

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when Inkwakuzi. com posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Share